in

Rayon Day ishobora kutagenda neza nyuma yaho ubuyobozi bw’iyi kipe buteguye ikintu kikaba gipfuye ku munota wa nyuma

Rayon Day ishobora kutagenda neza nyuma yaho ubuyobozi bw’iyi kipe buteguye ikintu kikaba gipfuye ku munota wa nyuma

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwateguye ikiroro cyo gutangira Shampiyona ariko iki kirori gishobora kuba ariko abafana ntibabone ibyishimo bisendereye.

Tariki 5 Kanama 2023, nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports bwateguye ko Rayon Sports izaba berekana abakinnyi bashya baguzwe ndetse n’abatoza. Uyu munsi wari uteguwe ku buryo bukomeye ndetse byitezwe ko hari n’ikipe bizakina kandi ikomeye.

Iki kirori bishobora kutagenda neza cyangwa ngo abafana bishime nkuko byakagombwe. YEGOB twamenye ko ikipe byari byitezwe ko bari buzakine ishobora kutaza. Byavugwaga ko hagati ya Azam FC cyangwa Yanga Africans none amakuru ahari avuga ko shampiyona ya Tanzania izatangira tariki 5 kuri uwo munsi iki kirori cyizabera.

Abayobozi ba Rayon Sports bamaze gutegura byose ikintu nyamukuru ni abakinnyi kandi bisa nkaho byamaze kurangira ibyabo ndetse ni uko ikirori kizategurwa byarangiye igisigaye ni ukubona ikipe ikomeye bagomba gukina nayo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ashimutiwe mu nzira! Nishimwe Blaise afatiwe mu nzira ajya ku biro by’ikipe imwe i Nyarugenge ni uko maze ahita ajyanwa Kicukiro ku biro by’indi kipe igiye kumuha miliyoni 12 imbumbe

‘Mu gakanzu keza gatukura n’ibirungo by’ubwiza’ Umuhanzi Bahati uherutse mu Rwanda kureba Bruce Melodie bakoranye indirimbo, yagaragaye yambaye imyenda y’abagore kandi ari umugabo ufite n’abana