in

Rashford: Nizera ko tuzabasha kwegukana ibikombe bikomeye na premier league irimo

Marcus Rashford yavuze ko akiriho inzozi zo kwegukana ibikombe bikomeye, harimo Premier League na Champions League, hamwe na Manchester United.

Yagize ati: “Nizera ko tuzabishobora!” Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru rya MUTV, aho ashimangira ko intumbero ye ari ugutwara ibi bikombe byose kandi afite icyizere ko ikipe izabigeraho mu gihe kiri imbere.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Atlético Madrid irifuza bikomeye Gallagher wa Chelsea

Kylian Mbappé yongeye kwandika Andi mateka