in

Rangnick yasobanuye impamvu Rashford atari kwitwara neza

Nkuko bigargarira buri wese, umukinnyi Marcus Rashford ntari kwitwara neza ndetse bituma n’ikipe yose idatanga umusaruro mwiza nk’uko bigaragara.

Rashford ni umukinnyi ugerageza kwiruka  iyo afashe umupira kandi anagerageza kuwubyaza umusaruro ariko muri iyi minsi byaranze.

Ralf Rangnick yagize ati “Rashford amaranye iminsi ibibazo ariko ntago abantu bigeze babimenya, gusa arimo nange ndahari kugira ngo mufashe kongera kumera neza kandi ndabizj ko vuba aha araba yamaze kugarukamuri Forme”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yirukanye umugabo we ku kazi shishi itabona

Umukozi w’Imana yavuze ko nta mugore wakwifuza gukora ubukwe n’umugabo ukennye