in

Ralf Rangnick yavuze ibanga rizatuma atsinda Manchester city

Mbere y’uko umukino wa Manchester United na Manchester City uba, abatoza  baganiriye n’itangazamakuru bahigana ubutwari buri wese avuga ibyo azakora bizamufasha gutsinda undi.

Umutoza wa Manchester City yavuze ko yubaha Rangnick kubera ko ari we wazanye Geegen pressing kandi amwe mu makipe yo mu bwongereza akina iyo mikinire.

Umutoza wa Manchester United yavuze ko ikizamufasha gutsinda ari uko ikipe ya Manchester City bazayima umupira kubera ko ari ikipe ikunda kugumana umupira kandi inakora uburyo bukomeye imbere y’izamu bushobora kuvamo igitego.

Ikipe ya Manchester United nta bakinnyi barenze ibura dore ko habura Cavani ndetse na Greenwood uri mu maboko ya Polisi na ho Manchester City irabura Ruben Dias.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukozi w’Imana yavuze ko nta mugore wakwifuza gukora ubukwe n’umugabo ukennye

Bahatwitse: mu bukwe bwabo bahisemo kwambara imyambaro idahangarwa n’amasasu