in

Qatar: Undi munyamakuru wa 2 wakurikiranaga Igikombe cy’isi yitabye Imana

Khalid Ali Mussilam yitabye Imana

Mu mikino y’igikombe cy’isi irimbanjijye harimo inkuru nziza nimbi mu nkuru mbi zirikugwamo harimo n’ipfu z’abanyamakuru.ku mugoroba washize Umunyamakuru wa 2 yapfiriye muri Qatar nyuma y’amasaha 48 uwambere wakomokaga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika nawe apfuye.

Khalid Ali Misslam yitabye Imana

Khalid al-Misslam wari umunyamakuru muri Qatar akorera ikinyamakuru kitwa Al Kass Tv yapfuye kuri iki cyumweru nk’ uko Dail Mail ibitangaza.icyateye urupfu rwe kugeza ubu ntikiratangazwa ndetse ntikiranamenyekana. iki kinyamakuru gikorera muri Qatar kitwa Gulf News kibinyujije kuri Twiter cyagize kiti”inkuru yakababaro Al-Misslam yapfiriye muri Qatar ari gufotora mu bikorwa by’igikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar. Twizerera mu mbabazi za Allah n’impuwe kuri we,tubabajwe n’uru rupfu kandi twihanganishije umuryango we ukomeze kwihangana”.
Khalid Ali Misslam na Grant Wahl Abanyamakuru babiri bamaze gupfira mu gikombe cy’isi

Uyu munyamakuru apfuye nyuma y’amasaha 48 undi nawe witwa Grant Wahl ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika apfuye. Uyu munyamakuru we waruzwi cyane muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yapfiriye ku muino wa Argentine n’u Buhorandi mu ijoro ryo kuwa 5 gusa nyuma byaje kwemezwa ko yishwe n’ikibazo yarasanganywe cy’u mutima.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byacitse: KNC yasaze yasizoye ngo azaruhuka aruko atwaye igikombe cya shampiyona

Amakuru yihutirwa areba Abanyeshuri bose bakoze ikizami cya Leta mu mashuri yisumbuye