in

Puderi yari ikunzwe n’abatari bake igiye gukurwa ku isoko

Puderi yakunze gusigwa abana bato ndetse benshi bemeza ko yagwaga neza abana bakiri bato yamaze gufatwa ingamba zikakaye.

Uruganda Johnson & Johnson (J&J) kuva mu mwaka utaha ruzahagarika gucuruza iyi puderi y’abana ikorwa ahanini mu kinyabutabire cya talcum.

Itangazo rya J&J rije nyuma y’imyaka ibiri uru ruganda rukomeye mu bicuruzwa by’ubuzima ruhagaritse igurishwa ry’iyi puderi muri Amerika.

J&J ihanganye n’ibirego ibihumbi birenga 10 by’abagore bavuga ko iyi pideri irimo ikinyabutabire cya asbestos cyabateye cancer y’imirerantanga (ovaries).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’abanyarwandakazi yakunzwe kuri instagram muri iki cyumweru

Imyambarire y’abakobwa b’i Kigali mu gitaramo cya Sheebah yari irenze (Amafoto)