in

Producer Junior Multisystem aribazwaho nyuma yo kunanuka biteye ubwoba(AMAFOTO)

Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem umwe mubakomeye mubakora indirimbo z’abahanzi bo mu Rwanda aribazwaho byinshi nyuma y’amafoto yasakaye ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yarananutse cyane ibintu byatumye hibazwa byinshi ku cyabaye kuri uyu mugabo wakozei indirimbo zakunzwe na benshi mu bakunzi ba muzika nyarwanda.

Ku mbuga nkoranyambaga za Junior Multisystem nko kuri Instagram, hagaragara amafoto uyu mugabo yasangije abakunzi be aberaka uko angana ubu, akaba ari nayo yateye ubwoba benshi bibaza ko yaba afite uburwayi bukomeye.

Junior Multisystem wigeze kuvuga ko afite ibiro bibarirwa mu ijana, ubu umurebye ku jisho cyangwa ku mafoto byagutera ubwoba ari nayo mpamvu gutakaza ibiro kwe bitavuzweho rumwe ku mbuga nkoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Andi mafoto mutabonye y’ubukwe bw’umuhanzi Emmy n’umukunzi we.

Sauna: Ibyiza byayo n’ibyo ukwiye kwitondera