in

Producer Ayoo Rush yamaze gukora ubukwe na wa mukobwa w’ikizungerezi Shefra

Umusore utunganya umuziki mu buryo bw’amajyi uri mu bagezweho muri iyi minsi muri muzika nyarwanda, Ayoo Rush yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Shefra bamaze iminsi mu rukundo.

Biri kuvugwa ko uyu musore Ayoo Rush na madamu we Shefra bombi basezeraniye mu murenge wa Kicukiro mu mujyi wa Kigali.

Uyu muhanga mu gukora amajwi y’indirimbo aherutse gutangaza ko umwaka utaha wa 2023 azatangira kwishyuza miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda ku ndirimbo imwe.

Azwiho gukora indirimbo nka Away ya Juno Kizigenza na Ariel Wayz, Please me ya Juno Kizigenza ndetse n’izindi nyinshi zagiye zikundwa hano mu Rwanda

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwamagana: Abagore batwite bafite ikibazo cy’abantu bari kuza gutwara inkari zabo gusa ntibagire icyo babasigira gifatika

Nawe ni mwiza! Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yerekanye Mama we anagaragaza amarangamutima amufitiye