Umuhanzikazi Priscillah Umuratwa wamenyekanye cyane hano mu Rwanda ndetse no ku isi hose cyane kubera indirimbo nyinshi yakoze zigakundwa na benshi ndetse n’ibitaramo yakoze byaba ibyo yakoreye mu Rwanda agihari ndetse n’ibyo yakoreye hirya no hino ku isi mu minsi ishize yashyize hanze ifoto ye maze abantu bakomeza gutangarira ubwiza bwe budasanzwe abenshi banavuze ko bwiyongereye kuva ubwo agiriye muri leta zunze ubumwe za Amerika.

Priscillah akimara gushyira hanze iyi foto ye abafana be bari hirya no hino bagize ibyo bayivugaho abenshi bagaruka ku bwiza bw’uyu muhanzikazi.
