in

Polisi y’u Rwanda yasubije abashaka ko ikizamini cya démarrage gikurwaho burundu mu bizamini bikorwa mu Rwanda

Polisi y’u Rwanda yasubije abashaka ko ikizamini cya démarrage gikurwaho burundu mu bizamini bikorwa mu Rwanda.

Polisi y’u Rwanda yakuriye inzira ku murima abari bamaze iminsi basaba ko ikizamini cyo gutwara imodoka cya ‘démarrage’ gikurwaho kubera impamvu zitandukanye.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko ikizamini cya démarrage ari ngombwa ko gikorwa bitewe n’imiterere y’igihugu cy’u Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yibera mu kageretse: Papa Sava, Ubuzima bushaririye bwamubereye umusingi wo kuba atuye mu nzu igeretse akaba anirata ubukire bwe

Umunyamakuru Aissa Cyiza yanenze ibitekerezo bya Jolie ushaka ko birukana abagabo muri Miss Rwanda igahabwa abagore gusa