in

Polisi yataye muri yombi umusore witwa Kazungu watahanaga abakobwa yamara kubasambanya akabica akabataba mu mwobo, ubu bamaze gutaburura abarenga 10 – Videwo

Polisi yataye muri yombi umusore witwa Kazungu watahanaga abakobwa yamara kubasambanya  akabica akabataba mu mwobo.

Mu karere ka Kicukiro umusore witwa Kazungu yatawe muri yombi, nyuma yo kwemerera Urwego rw’ubugenzacyaha RIB Ko yatahanaga abakobwa,yamara kubasambanya akabica.

Abaturage bavuga ko Hamaze Kuboneka abasaga icumi yishe, ndetse aya makuru akaba yashimangiwe n’umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Kicukiro Ku murongo wa Telephone.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

B Threy n’umugore we Keza Nailla ntibigeze basezerana imbere y’amategeko kubera impamvu ziri gutera ubwoba abafana babo

“Mama wa Pendo avuga kimwe nk’umukobwa we baranasa” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amashusho ya Anita Pendo aganira na Mama we bavuga kimwe ndetse yavuze ikipe afana umukobwa we aratungurwa – VIDEWO