in

PL: Arsenal yishyize mu mazi abira

Ikipe ya Arsenal yishyize mu mazi abira ubwo yananirwaga gustinda ikipe ya West Ham United , bakanganya ibitego bibiri kuri bibiri mu mukino w’umunsi wa 31 muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza.

Bukayo Saka wahushije penaliti yari kurokora ikipe

Arsenal niyo yari yabanje kwitwara neza itsindw ibitego bibiri mu gice cya mbere byatsinzwe na Gabriel Jesus ku munota wa 7 na Martin Ødegaard ku munota wa 10.
Mu gihe West Ham United yatsindiwe na Benrahma ku munota wa 33 na J. Bowen ku munota wa 55.
Arsenal kunganya kwayo byatumye irusha Manchester City amanota 4 gusa kandi City ifite ikirarane cy’umukino umwe.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gakenke: Umugabo yafatiwe ku nsinga z’amashanyarazi

Diamond na Davido bahetse mapyisi abanyafurika bose cyane cyane abahanzi