in

Perezida Uwayezu Jean Fidèle yaciriye akarongo APR FC itagomba kurenga kubera ko ikipe ayoboye ya Rayon Sports imaze imikino myinshi idatsindwa na APR FC

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yujuje imikino Ine kuri Manda ye ataratsindwa na APR FC.

Uwayezu Jean Fidèle wigeze gutangaza ko ari kuyobora manda ye ya nyuma muri Rayon Sports, uruhare rwe mu gushyira ku murongo iyi kipe rurivugira.

Gikundiro yujuje umukino wa 4 idatsindwa na mukeba wayo APR FC, nyuma y’umukino wabaye ejo ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira 2023 urangira amakipe yombi anganyije 0-0.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bamujugunyiye imineke! Rutahizamu wa Real Madrid yakorewe irondaruhu azira ko ari umwirabura

Aho ifaranga rikubise hahita horoha! Abakobwa 5 bo muri Miss Rwanda 2015 bahindutse kurusha abandi nyuma yo kubona ifaranga bakomeje kuvugisha benshi – Amafoto