in

Pep Guardiola yatangaje umutoza ugomba kusa ikivi yatangiye muri Manchester city

Pep Guardiola utoza ikipe ya Manchester city yatangaje ko Vincent Kompany afite amahirwe yo kuzatoza ikipe ya Manchester City mu gihe kizaza.

Uyu munyabigwi wakoreye amateka kuri Etihad nka myugariro azagaruka kuri iki kibuga mu minsi iri imbere ubwo ikipe atoza ya Burnley izaba ikina na Man City muri 1/4 cya FA Cup mu mpera z’uku kwezi.

Akazi Kompany akomeje gukora ku kibuga cya Turf Moor karamuha amahirwe ko azatoza iyi kipe yahaye byose ubwo yari kapiteni wayo.

Guardiola yagize ati “Buri wese hano ndetse n’abafana bishimiye ko agarutse.Azagaruka vuba hano.Afite amahirwe yo kuzaba umutoza wa Manchester City ndetse ubu byamaze kwandikwa ku nyenyeri.

Bigiye kuba,ntabwo nzi ngo ni ryari ariko bigiye kuba ndabizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barasa wagira ngo ni impanga: Mushiki wa Rugaju Reagan yasoje amashuri (AMAFOTO)

Benshi bazi ko amata y’ihene(amahenehene) ahabwa abana barwaye bwaki gusa, menya akamaro kayo n’indwara akiza utangire kuyanywa