Ni umupasiteri witwa Rev. Barr. Ogbuchukwu Makuo Lotanna, yeguye kuri izi nshingano zo kwiha no kuvuga Imana, avuga ko ashyigikiye gahunda yo gushaka abagore barenze umwe ibizwi nka ‘Polygamy’ mu ndimi z’amahanga.
Avuga ko kuba yasezeye kuvuga ijambo ry’Imana akajya gishyigikira abashaka abagore barenze umwe atari ikintu yahubukiye ahubwo ari ibintu yakoreye ubushakashatsi agasanga nta kuza nkabyo.
Avuga ko Kandi yabanje kwiyegereza nayo ikamugaragariza ko imushyigikiye mu rugendo rushya atangiye ava muri kiliziya itemera gushaka umugore urenze umwe ajya aho wemerewe gushaka umubare wowe wishakiye.