in

Pasiteri yagiriye inama itangaje abakundana

Nkuko inshingano z’umupasiteri cyangwa se undi muntu ureberera abanti benshi, aba agomba kugira inama nziza abo ayoboye ndetse akabaha inama z’ingirakamaro kuri bo ndetse na sosiyete ngari.

Blessing Okoro Nkiruka umenyerewe cyane mu bintu by’imibano, yaburiye abakobwa bose ko iyo uramutse uryamanye n’umusore mukundana mbere y’ubukwe bituma iyo mubanye urugo rwanyu rutagenda neza kuko uba waraje umugabo wawe nta matsiko agufitiye namba.

Blessing Okoro Nkiruka yavuze ko burya umugabo agenda amarana igihe n’umugore we aba agenda amuhàrarukwa ndetse bikaza kuba ikibazo gikomeye iyo nubundi mwabanye yaratangiye kuguhararukwa kuko noneho biba bihumiye ku mirari.

Abakobwa benshi ndetse n’abasore benshi bavuga kandi bemeza ko kuryamana n’umukunzi wawe byongera urukundo gusa ariko abenshi iyo bamaze kuryamana bahita bahararukana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Super Manager yerekanye umukobwa w’igitonore bagiye gukora ubukwe

Ddumba yasubije Semuhungu uherutse kumwita mushiki we