in

Papa Sava yashenguwe n’urupfu rwa Nyiramana ndetse anatangaza n’amagambo uyu mubyeyi yababwiye ubwo yamenyaga indwara arwaye ari nayo yaje kumuhitana

Papa Sava yashenguwe n’urupfu rwa Nyiramana ndetse anatangaza n’amagambo uyu mubyeyi yababwiye ubwo yamenyaga indwara arwaye ari nayo yaje kumuhitana.

Urupfu rwa Nyakubyara Chantal wamenyekanye nka Nyiramana muri filime ya ‘Seburikoko’ rwashavuje benshi.

Mu bashenguwe n’itahuka ry’uyu mubyeyi harimo Niyitegeka Gratie, aho yagaragaje ifoto ku mbuga nkoranyambaga ze yagiye gusura Nyiramana aho atuye, arenzaho amagambo agira ati “Usurwa wemezaga ko ubwo wamenye indwara uzakira, none biranze kuko isengesho siryo rihindura integanyo z’uriturwa (Nyagasani) RIP Nyakubyara Marie Chantal (Nyiramana) abambaza ko ari filime, siyo yatabarutse, mudutabare!”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“RIP nshuti yanjye” Umunyarwenya Clapton Kibonke yashenguwe n’urupfu rw’umukinnyi wa Sinema bakinanaga muri filime ya Seburikoko

Nyuma ya Alyn Sano undi muhanzikazi ukunzwe yagiye ku rubyiniro akenda k’imbere kaza kumuraburiza kamukorera ibyo atari yiteze gusa abafana bo banyuzwe