in

Padiri Innocent yakoze ubukwe nyuma y’imyaka 12 yari amaze ari Umupadiri

Padiri Innocent yakoze ubukwe nyuma y’imyaka 12 yari amaze ari Umupadiri

Umupadiri witwa Innocent wakorerega ubutumwa bwe muri diyoseze ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi yahisemo gusezera uwo yihebeye akora ubukwe.

Uyu mu Padiri yari amaze imyaka igera kuri 12 ari Umupadiri, gusa mu minsi yashize yandikiye umuyobozi wa Diyoseze amubwira ko asezeye kuri uyu murimo wo kuba Umupadiri.

Yasezeye ubwo yari yaramaze kubona umukunzi bazabana akaramata, kuri ubu barasezeranye imbere y’Imana n’imbere y’amategeko basezerana kubana akaramata.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ishira amenyo ariko ntishira amerwe! Wa mukobwa witwa Manzi uherutse kurongorwa n’umusaza rukukuri w’imyaka 70, ari kwitegura kwibaruka umwana we na muzehe

Mu Rwanda, impinja zikivuka zigiye kujya zihita zihabwa indangamuntu