in

“Onana yari azi icyo gukora, abo dufite uyu munsi ntabyo bafite” Umutoza mushya wa Rayon Sports byatangiye kumucanga ni uko maze atangira gutereka inkono ishyushye ku bakinnyi yaguriwe aho ari kubagereranya na Onana atigeze atoza

“Onana yari azi icyo gukora, abo dufite uyu munsi ntabyo bazi” Umutoza mushya wa Rayon Sports byatangiye kumucanga ni uko maze atangira gutereka inkono ishyushye ku bakinnyi yaguriwe aho ari kubagereranya na Onana atigeze atoza.

Nyuma y’uko uyu mutoza mushya wa Rayon Sports, Yamen Zelfani anganyije na Gorilla, yatangiye kwijundika abakinnyi avuga ko badashoboye ndetse ko batazi icyo gukora.

Yagize ati: “Hari abakinnyi ntshimiye. Nabonye Onana yari azi icyo gukora. Abo dufite uyu munsi ntabyo bafite.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubaye inganzwa ukubaka neza haricyo bitwaye” Umukinnyikazi wa filime ugezweho mu Rwanda yagiriye inama abagabo batinya kuba inganzwa z’abagore babo aho yaberetse ubutunzi bungana nk’izahabu bwihishe inyuma yo guca bugufi ibi bifatwa nko kuba inganzwa

Abakinnyi 11 ikipe ya APR FC irashora kuri Marine FC ntamiyaga Thierry Froger yashyizeho