in

Oda Paccy yabwiye mama we amagambo akomeye nyuma yo kurangiza Kaminuza(Amafoto)

Umuhanzikazi Oda Paccy yashimiye byimazeyo umubyeyi we wamubaye hafi igihe cyose yari mu ishuri.

Uyu muhanzikazi yatangaje ibi ubwo yasozaga amasomo ye ya Kaminuza.Paccy abintujije kuri Instagram yavuze ko umuntu wa mbere ashimira ari mama ndetse n”umuvandimwe we batahwemye kumushyikira mu urugendo rwe rw’ishuri.

Yagize ati”Mama we did it !reka nkushimire bwa mbere wowe mama wanjye wambaye hafi muri uru rugendo ! ibyo navuga ni byinshi ariko ibi byose watumye mbigeraho!
ntacyo unyima , ibyo nyuramo byose uba uhari ukankomeza , uri ishema ryanjye ! ndagukunda ❤️❤️
Ngendera iteka ku mpanuro zawe ngo” nibajya bakuvuga nabi cg bakakuvuga ibinyoma bijye bigutera imbaraga zo kuba undi wundi “

reka nkushimire muvandimwe nkunda @elysee_nadia1 ni wowe ukunda kumbwira ngo ibyiza biri imbere! warakoze cyane kumba hafi muri uru rugendo ! ndagukunda bikomeye❤️”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Young Grace yatunguranye mu isura y’abaganga(Amafoto)

Miss Nishimwe Naomi yibukije umukunzi we ikintu cy’ingenzi