in

“Nzarongorwa Imana nibyemera” umukobwa w’imyaka 30 yagaragaje kutiheba

Umukobwa ukiri muto ndetse ukina filime yagaragaje ko adatewe impungenge nabavuga ko amaze imyaka 30 atararongorwa avuga ko Imana nibona ko igihe kigeze azabona umugabo.

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 30 uzwi nka Liliane avuga ko isaha y’Imana nigera azabona umukunda.

Ati: “Nkuko abantu bavuga ko abakinyi b’amafirime batavamo abagore beza, abakinnyi bamwe barubatse kandi barishimye. Tugomba guhagarika kwibanda kubibi ahubwo twibanda kubyiza. Njye nubwo mfite imyaka 30 nzarongorwa isaha y’Imana nigera”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupasiteri yakaniwe urumukwiye nyuma yo gusambanya abana 4 mu rusengero

Impamvu itangaje ituma abagore benshi bavuza induru mu gihe cyo gutera akabariro