in ,

Nyuma yuko kwigarurira Yago PonDat mu rukundo byanze agahinda ke yahisemo kukajyana mu muziki

Munezero Rosine wamamaye ku mbugankoranyambaga nka Dabijou yahishuye ko kwinjira mu muziki kwe bifite aho bihuriye no gutandukana na Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago.

Aba bombi bivugwa ko bakundanye igihe gisaga hafi umwaka umwe.

Mu kiganiro uyu muhanzikazi yagiranye na “IGIHE” yavuze ko indirimbo “JAMAIS” aherutse gushyira hanze, yayikoze nyuma yo gutandukana mu rukundo na Yago PonDat ubungubu na umaze umwaka urenga nawe atangiye umuziki.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 2 ba APR FC harimo uwari waricajwe n’umutoza Thierry Froger bashobora kutagarukana n’iyi kipe kubera amakipe ari kubirukaho birenze

Bamwirukanye! Abakinnyi 3 ba Rayon Sports babwiwe kugaruka mu myitozo bakabyanga umukinnyi umwe yamaze kubwirwa ko atagikenewe muri iyi kipe aguma iwabo