in

Nyuma yo kwirukanywa na PSG hamenyekanye amakipe ahanze amaso.

Mu minsi mike ishize nibwo hatangajweko umutoza Mauricio Pochettino yirukanwe ku kazi ko gutoza ikipe yo mu Bufaransa PSG, agahita adimbuzwa umutoza watozwaga Nice Christophe Galtier.

Uyu munya-Argentine w’imyaka 50, yegukanye League 1 ubwo yari akiri umutoza wa PSG, gusa ubungubu nyuma y’uko yirukanywe, amaso ngo ashobora kuba ayahanze ikipe yahozemo ya Tottenham Hotspur.

Ubungubu umutoza Antonio Conte nubwo bisa nkaho ashikamye muri Tottenham Hotspur, ngo ntibyabuza ko yirukanywa agasimbuzwa Pochettino wayikoreyemo amateka.

Usibye iyi kipe kandi hari andi makuru amwohereza mu ikipe iherutse kugurwa n’abakire bo mu gihugu cya Suidi Arabia, ariyo Newcastle.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen yahaye ubutumwa abakundana bagamije kuryamana no kubeshyanya gusa

Dj Dizzo usigaje iminsi mike ngo yitabe Imana yasobanuye ibyamuvuzweho byose