in

Nyuma yo kwirukana Yamen Zelfani, abafana ba Rayon Sports mwakirane urugwiro umutoza ugiye gusigara akubita amakipe hano mu Rwanda

Nyuma yo kwirukana Yamen Zelfani, abafana ba Rayon Sports mwakirane urugwiro umutoza ugiye gusigara akubita amakipe hano mu Rwanda

Nyuma ya Yamen Zelfani wamaze gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, iyi kipe igiye gusigaranwa n’umutoza wari wungirije.

Ibi byafashweho umwanzuro ku munsi wejo hashize ko umutoza wungirije Mohamed Wade ari we ugiye gusigarana ikipe ya Rayon Sports ndetse yanatangiye gukoresha imyitozo.

Ku munsi wejo ku cyumweru ikipe ya Rayon Sports yasubukuraga imyitozo, ariko kubera ko umutoza Yamen Zelfani yari yamaze guhagarikwa ni Mohamed Wade wayikoresheje ndetse ni nawe ugiye gukomeza mu gihe iyi kipe itarazana undi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Indaya zishaje zifatwa nk’abakeceru zanze kuva mu kazi ngo ziharire abikiri bato batari bakora ibilometero byinshi, none intambara ni yose

“Urampa magana tanu warangiza ngo nibuke umuryango wawe, ayo ntabwo nayafata kuko ntanubwo yavamo Esanse y’imodoka yange cyeretse ari Moto” Pasiteri yanze ituro ry’umukirisito ndetse anarenzaho utugambo tutari twiza