in

Nyuma yo kwandagazwa na AS Kigali, APR FC yacecekesheje AS Kigali

Ni umukino w’igikombe cya Super league hano mu Rwanda gihuza ikipe yabaye iya mbere akaba ari nayo yatwaye igikombe cya shampiyona ndetse n’uwatwaye igikombe cy’amahoro hanyuma utsinze akegukana igikombe cya Super.

Mu mukino wahuje APR FC na AS Kigali, byarangiye AS Kigali itwaye igikombe cya super cup iba iyikubise incuro eshatu zikurikiranya nta gukoramo.

APR FC yashimiye abafana bayo bahora bayiri inyuma ndetse no mu minsi baba batabaha ibyo bayisaba ndetse bababaza abafana bayo ndetse banasaba abakinnyi kujya abmenya icyo gukora bakongera bagaha ibyishimo abafana bayo.

bibukije AS Kigali imyaka yose bamaze guhura nayo uko ari 59 hanyuma APR FC itsinda  40, AS Kigali itsinda 09, banganya inshuro 10.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ihere ijisho indege igiye kumanukomo igikurankota Rayon Sports yaguze (Videwo)

Rutsiro: umwarimu arakekwaho gusambanya umunyeshuri