Cristiano Ronaldo umunya Portugal usigaye ukinira ikipe ya Al Nassr muri Arabia Saudite yamaze gutandukana na Jorge Mendes wari umu agent we.
Cristiano Ronaldo uherutse gusinyira ikipe ya Al Nassr amasezerano y’imyaka ibiri aho azajya ahembwa Miliyino 200 z’Amayero ku mwaka.

Iki kiganiro cyatumye Ronaldo yirukanwa na Manchester United none bitumye anatandukana na Jorge Mendes wari umu agent we bari bamaranye imyaka irenga 20.
Dail Mail irandika ko Jorge Mendes atigeze yishimira ikiganiro Ronaldo yagiranye na Piers Morgan kuko ngo yafashe icyo kemezo batumvikanye. Ubu Ronaldo agiye guhagararirwa na Ricky Refuge akaba ari na we wamufashije kugira ngo abashe kujya mu ikipe ya Al Nassr ku kayabo k’amafaranga angana kuriya.
Yamuhoye ubusa icatumye bavana nuko atamuronkeye umurwi wo kumugabane wa Buraya kndi batoronka ayo bomuhemba naje guca ako gafaranga