in

Nyuma yo kubuza amahirwe abujuje ibisabwa, abashinjwa uburiganya mu kujyana abana mu irerero rya Bayern Munich aho bari icyuya cyatangiye kubarenga kuko akabo kashobotse

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye iregwamo abakekwaho uburiganya mu guhindura imyaka y’abana ngo bemererwe kwiga no gukina muri Academy ya Bayern Munich mu Rwanda.

RIB ikimara kumenya iki kibazo yatangije iperereza ndetse mu byagaragaye harimo ko hari abana babeshye imyaka yabo babifashijwemo n’abatoza babo.

Kugira ngo imyaka y’aba bana ihindurwe, byagizwemo uruhare n’uwari umutoza wabo afatanyije n’ushinzwe kubika amakuru mu ikoranabuhanga mu Murenge wa Kinyinya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubiri uraryana koko! Amakuru mashya ku mugore wa Ruberintwari Moïse yari amaze iminsi ari gusabira ubufasha bwo kumuvuza ikibyimba

Ubwenge burarutana! Umukinnyi ukomeye yakoze Divorce aziko baragabana imitungo ye bakagabana n’iyumugore, bageze mu rukiko akubitwa n’inkuba.