in ,

Nyuma yo kubura Lukaku Chelsea igiye kugura undi rutahizamu ukomeye wa mukeba wayo Premier League

Mu gihe ikipe ya Chelsea igifite agahinda ko kubura umusore Romelu Lukaku,imaze igihe ivugwa ko iri gushaka abasore nka Gonzalo Higuain,Aubameyang gusa kuri ubu bari gushaka kwiba umukinnyi mukeba wabo wo muri shampiyona y’Ubwongereza.

Aguero ahanganye na ba myugariro ba Chelsea

Umutoza Antonio Conte akaba ari gushaka kwibikaho umusore Sergio Kun Aguero kubera ku myaka akinnye mu Bwongereza yabaye rutahizamu mwiza ariko kumwiba muri bakeba Man City bikaba bitoroshye nubwo Pep Guardiola yaba yarangije kwemera ko uyu musore agenda nkuko ikinyamakuru Sky Sports cyibitangaza.

Sergio Kun Aguero akaba yaragiranye ibihe bigoye n’umutoza Pep Guardiola we wishakira kuzamura rutahizamu w’imyaka 18 Gabriel Jesus.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa Real Madrid yahishuye ibanga risekeje cyane ryo gufata Lionel Messi

Nyuma yo gufasha ikipe ya APR FC gutwara igikombe, Rugwiro Herve yakoze ibyo yari yarasezeranyije abafana be bose (amafoto)