in

Nyuma yo gukorera ubukwe mu Leta Zunze Ubumwe z’America, umuhanzi w’umunyarwanda n’umugore we bari kwitegura kwibaruka

Nyuma yo gukorera ubukwe mu Leta Zunze Ubumwe z’America, umuhanzi w’umunyarwanda n’umugore we bari kwitegura kwibaruka.

Umuhanzi w’indiririmbo zo kuramya no guhimbaza Imana Serge Iyamuremye n’umugore we Uburiza Sandrine baritegura kwibaruka imfura yabo.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Sandrine yahishuye ko we n’umugabo we bitegura kwibaruka imfura yabo akaba umwana w’umukobwa.

Umugore wa Serge Iyamuremye yagaragaje ko atwite inda y’imvutsi ndetse yitegura kwibaruka imfura yabo.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagiye gutora ubusurira! Umwalimu yasanze umugore we ari kwiha akabyizi n’undi musore w’ibigango gusa ibyo yaragiye kubakorera byatumye bakora ibintu bitangaje mu ruhame

Yesu yarudukingiye! Karongi, ntibakozwa ibyo gukingiza abana babo kubera imyemerere yabo