in

Nyuma y’igihe kirekire Amag The Black na Bruce Melodie aho umwe anyuze undi ahanyuza umuriro ubu hateganijwe igikorwa kizabahuza ndetse kikazura n’umubano wabo 

Nyuma y’igihe kirekire Amag The Black na Bruce Melodie aho umwe anyuze undi ahanyuza umuriro ubu hateganijwe igikorwa kizabahuza ndetse kikazura n’umubano wabo

Amag The Black ndetse na Bruce Melodie bakomeje kumvikana mu itangazamakuru baterana amagambo ndetse baza no kuba abanzi bikomeye gusa ubu byatangajwe ko ubushuti bwabo bwaba bugiye kuzabzamuka.

Ni nyuma yuko Amag The atumiye Bruce Melodie mu gitaramo cye afite cyo kumurika Album kizabere mu nyubako ndende isumba izindi ya Kigali City Tour iherereye mu mujyi rwa gati.

Iki gitaramo biteganijwe ko kizaba kuwa 1 Nyakanga 2023 byitezwe ko kizatumirwamo abandi bahanzi bakomeye harimo; Bruce Melodie Theo Bosebabireba, Eric Senderi,Riderman, Mico The Best,Rafiki Coga Style,Young Grace, Tonalite,Papa Cyangwe, Fifi Raya n’abandi benshi.

Gusa Amag The Black ahamya adashidikanya ko we na Bruce Melodie batagifite ibyo bapfa cyane ko icyo bapfa kiruta bafana nkabahanzi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwiza bw’umukobwa bumugeza ibwami, ubwenge bwe bukamutuzayo! Miss Rwanda yakoze amateka yatumye avugwa ku isi hose

Umugabo yahawe igihano kitari icy’ubumuntu nyuma yo kwica umunyeshuri amuziza kwanga kumubera umugore