in

Nyuma y’igihe kinini Jorge Weah y’ishimiye kubona umunyafurika Sadio Mané ahembwa mu bitwaye neza mu bihembo bya Ballon D’or

Uyu musore w’umunya Senegal kuri ubu ukinira ikipe ya  buyern munich ariko akaba yarubakiye ibigwi bye muri ekipe ya Liverpool.

Kubera ibikorwa bye ntagereranywa yakoreye abatuye mu gihugu cye cya Senegal nko kububakira amavuriro,amashuri,gufasha abatishoboye ndetse n’ibindi byinshi cyane.

Byatumye mu bihembo bya Ballon D’or byatangwaga hongerwamo igihembo bazajya baha umukinnyi wakoze ibikorwa by’indashyikirwa iwabo cyangwa hanze y’ikibuga.

Kuri ubu benshi badatinua kuvuga ko uyu sadio Mané yaba arimo kugera ikirenge mu cya George Weah umunya furica umwe rukumbi wegukanye iki gihembo cya ballon d’or mu mwaka w’i 1995..

Ubu sadio Mané niwe wahawe iki gikombe cyari gitanzwe bwa mbere kitwa (inaugural Socrates award) yagihawe kubera imirimo myiza yo hanze y’ikibuga.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari the lady boss n’umusore yasimbuje Diamond platnumz bakomeje gutwika hanze aha (Amafoto)

MU MAFOTO: Dore ubwiza n’agaciro k’imodoka umuhanzi Bushali asigaye agendamo