in ,

Nyuma y’igihe kinini cyane,Ronaldinho yeruye bwa mbere kuva byaba avugisha ukuri ku kintu cyatumye ava muri FC Barcelone bibabaza cyane abafana ba ruhago muri rusange

Barcelona's Ronaldinho of Brazil celebrates his goal against Sevilla during their Spanish first division soccer match at Nou Camp Stadium in Barcelona, Spain December 11, 2005. Barcelona won 2-1. REUTERS/ Albert Gea

Ronaldinho Gaucho wamenyekanye mu makipe nka AC Milan,Paris Saint Germain ariko cyane cyane ikipe ya FC Barcelone,wayubakiye ibihe byiza cyane hagati ya 2003 kugeza 2008 avuye muri iyi kipe,ibintu byababaje cyane abafana ba ruhago muri ursange kuko uyu musore ari umwe mu batumye abantu benshi bakunda ruhago yewe n’abatarafanaga Barca. Ronaldinho foundation (Twitter)

Kuva muri iyi kipe,atari uko ashaje,ahubwo yari mu bihe bye,benshi bashatse kumenya icyatumye ava muri iyi kipe.Mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo muri Espanye yitwa TV3 yagize ati “Ni njyewe wahisemo kuv muri Barca,nari narageze ku ntego zanjye naratwaye ibikombe nifuzaga rero nari nkeneye impinduka.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Rayon Sport yamaze kwerekeza ku mugabane w’iburayi

Cristiano Ronaldo yamaze kubwira ubuyobozi bwa Real Madrid umukinnyi ugomba gusimbura Karim Benzema abantu baratungurwa