in

Nyuma y’ibyabaye ku muhanda wa Muhanga-Ngororero byatumye uyu muhanda uba uhagaritswe gukoreshwa 

Nyuma y’ibyabaye ku muhanda wa Muhanga-Ngororero byatumye uyu muhanda uba uhagaritswe gukoreshwa.

Imvura nyinshi yaguye kuri iki Cyumweru tariki 23 Mata 2023, amazi akuzura umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira, Polisi y’u Rwanda iramenyesha abakoresha uwo muhanda ko utakiri nyabagendwa.Nyuma y’uko uwo muhanda ufunzwe n’ibiza by’imvura, Polisi iramenyesha abakoresha iyo nzira gushaka undi muhanda, mu gihe hagishakwa ibisubizo by’icyo kibazo.

Ni mu itangazo Polisi yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, aho igira iti “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi umuhanda RN11, Muhanga-Ngororero-Mukamira ubu utari nyabagendwa, Muragirwa inama yo gukoresha indi mihanda. Abapolisi barahari kugira ngo babayobore.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo: Ubushera bwongeye gukoraho abantu umwe yahise yitaba Imana

Burya ntago umugore umwe ahagije ku mugabo: Menya abagore umugabo umwe abakwiye gushaka