in ,

Nyuma y’ibihe byiza Ikipe ya Chelsea Fc irimo, Iyi nayo nindi nkuru y’ibyishimo muri ino kipe

antonio-conte-happy

Nyuma yo kumara imikino icyenda idatsindwa ndetse no kuva ku itariki ya 25 Nzeri uyu mwaka kugeza ubu ikaba imaze kwinjizwa ibitego bibiri gusa,  ikipe ya Chelsea Fc iyobowe n’umutoza Antonio Conte, ibyishimo i Stamford bridge ni byinshi bitewe nuko ibihe nkibi iyi kipe yabiherukaga mu mwaka wa 2014, aho yatwaraga igikombe cya Champiyona. Gusa ibi byishimo ntibyagarukiye aha kuko muri iki gicamunsi nkuko tubikesha Igitangazamakuru Chelsea Tv, umukinnyi Cesar Azpilicueta, myugariro kandi inkingi ya mwamba y’ubwugarizi bw’iyi kipe akaba amaze kongera amasezerano muri iyi kipe.

Uyu musore akaba yongeye amasezerano y’imyaka 3 n’igice azamugeza mu mwaka wa 2020.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisanzwe: Ibyifuzo bya Cristiano Ronaldo kuri Messi byatangaje abantu benshi

Umuhanzikazi w’icyamamare mu gihugu cya Uganda yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe