in

Nyuma y’aho abakinnyi b’abanyafurika 2 bakomeye iburayi ibihugu byobo bitazajya muri Qatar babonye ikiraka gishya

Igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar kirabura iminsi micye ngo gitangire ariko ibihugu bizahatana mo biriteguye gusa ariko hari abakinnyi bakomeye hano ku isi batazagaragara muri iki gikombe cy’isi kubera impamvu zigiye zitandukanye.

Hari abatazagaragaramo bitewe n’ibibazo by’imvune abandi kandi ntibazagaragamo kubera ko amakipe y’ibihugu byabo atabashije kubona itike ibemerera ku jyayo.

Muri abo bakinnyi batazajyayo hari abahise bagira amahirwe yo kubona akazi mu gihe abandi bakinnyi bagenzi babo bazaba bari guhatana muri Qatar.

Abany’Africa bakomeye ku mugabane w’Uburayi babiri Mohammed Salah igihugu cye cya Misili ntabwo kizitabira igikombe cy’isi undi ni Riyadh Mahrez nawe igihugu cye cya Argeria ntabwo kizitabira igikombe cy’isi.

Aba bagabo bombi babonye ikiraka mugihe abandi bazaba bari muri Qatar bo bazaba beri gusesengura ibiri kubera muri Qatar bari kuri televiziyo ya Beil Sports En

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Shanitah wabaye Miss East Africa yagireye inama abakobwa bashukishwa amarushanwa y’ubwiza

Андроид Бесплатно Официальное ПриложениеСкачать 1xbet в