in

Nyuma ya byinshi byari bimaze iminsi biyivugwamo n’ubukene butumye umutoza w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda ashobora kwigendera kubera inzara igiye gutuma n’akabiri yazanye kamushiraho

Nyuma ya byinshi byari bimaze iminsi biyivugwamo n’ubukene butumye umutoza w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda ashobora kwigendera kubera inzara igiye gutuma n’akabiri yazanye kamushiraho

Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports Petros Koukourus ashobora gusezera iyi kipe isaha n’isaha kubera inzara byavugwaga ko yamaze gushira.

Uyu mutoza birimo kuvugwa ko agiye gutandukana na Kiyovu Sports kubera inzara iri muri iyi kipe we avuga ko amaze amezi ntamafaranga ahabwa kandi yaraje bamwizeza ibitangaza ubwo yasinyaga.

Petros Koukourus ukomoka mu gihugu cy’ubugiriki, ntabwo n’umusaruro ari mwiza muri iyi kipe dore ko amaze no kunganya umukino n’ikipe y’Amagaju FC igitego 1-1 Kandi Kiyovu Sports y’ahabwaga amahirwe.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yarakwiye kujya ku gatebe! Muri 11 Rayon Sport igiye kubanza mu kibuga harimo uwo abafana bafitiye ubwoba ko yabatsindisha

RIB yataye muri yombi umunyamakuru ukurikiranyweho icyaha cyo kwaka ruswa