in

Nyiragitariro wamamaye ku izina rya Esiteri muri Seburikoko yatangaje ikintu gituma adasaza vuba kandi afite muruna we ugaragara nk’ukuze cyane

Nyiragitariro wamamaye ku izina rya Esiteri muri Seburikoko yatangaje ikintu gituma adasaza vuba kandi afite muruna we ugaragara nk’ukuze cyane.

Umukinnyikazi wa filime nyarwanda Nyiragitariro wamamaye cyane ku izina rya Esiteri akoresha muri filime ya Seburikoko ubwo yari mu kiganiro ku Isibo Tv yatangaje ko impamvu ituma adasaza vuba ari ukubera ko ahora yishimye mbese adakozwa iby’imijinya.

Uyu mubyeyi akomeza avuga ko afite murumuna we ugaragara nk’ukuze cyane kandi ari we muto kuri we kubera ko uyu murumuna we ahora arakaye, Nyiragitariro yemeza ko guseka no guhorana ibyishimo aribyo bituma adasaza vuba nk’uko yabyemeje ubwo yari ku Isibo Tv.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bidasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yashyizeho umuvugizi mushya ugomba gusimbura Jean Paul Nkurunziza

Burya iyo akuyemo ibikote bye ahita yifunga nk’abandi basitari bose: Umurwenya Dogiteri Nsabi yatitije imbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara yambaye bitandukanye nk’uko abantu bari bamumenyereye -AMAFOTO