in

Nyina ashobora kuba aroga! Umukobwa ugize imyaka 33 akiri isugi akomeje gushyira benshi mu rujijo

Umukobwa w’uburanga akomeje gushyira benshi mu rujijo nyuma yo gutangaza ko agize imyaka 33 akiri isugi.

Umukinnyikazi wa Filime mu gihugu cya Nigeria, Destiny Etiko yatangaje isi yose nyuma yo kuvuga ko akiri isugi.

Uyu mukobwa uzwi cyane yatangaje ibi ubwo yaganiraga n’itangazamakuru gusa nyuma yaje kongera gushyira abantu mu rujijo ababaza uwababwiye ko ari isugi.

Ukuri ni ukwanyirako, ubu biracyari urujijo mu bafana b’uyu mukobwa w’imiterere idasanzwe ukomeje kwemeza ko ari isugi akongera akabihakana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvandimwe we yasabwe! Miss Mutesi Jolly yatashye ubukwe bw’umuvandimwe we yakenyeye nk’umunyarwandakazi – AMAFOTO

“Ko urusenye se ugiye kumurongora?” Ibya Platin n’umugore we bivugwa ko yamwometseho inda, bijemo n’abakozi b’Imana