in

Nyamukandagiramukibuga yasanze Sunrise FC iwayo i Gologota maze iyibambirayo birangira yisubije icyubahiro yari yarambuwe na Musanze FC

Umukino wabaye kuri uyu Gatatu Tariki 29 Ugushyingo 2023, ikipe ya APR FC yasanze Sunrise FC iwayo i Gologota maze iyibambirayo kuko yayitsinze igitego 1-0.

Wari umukino w’ikirarane, aho igitego cya APR FC cyatsinzwe na rutahizamu wayo Victor Mbaoma ku munota wa 82 kuri Penariti.

Byatumye APR FC yisubiza icyubahiro yari yarambuwe na Musanze FC kuko ubu yahise ifata umwanya wa Mbere ku rutonde rwa Shampiyona Musanze FC yari imazeho igihe.

1. APR FC 25 Pts

2. Musanze FC 23 Pts

3. Police FC 22 Pts

4. Rayon Sports 20 Pts

5. KIYOVU Sports 16 Pts

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyabo byagiye ku karubanda! Hamenyekanye ibyamamare bigura ababakurikira ‘Followers’ kuri Instagram kugira ngo bemeza abantu

Ese nawe uremeranya nabo? Abantu batunze intoki gutera akabariro nyuma y’ikibazo bari babajijwe cyavugishije benshi (Ibyo abantu bagiye batangaza)