in

Nyamirambo: Hari umusore watangaje inkuru itangaje y’umugabo w’umuzungu utunzwe no kunywa intanga z’abagabo bagenzi be

Umusore witwa Ugirimpuhwe Eric wo mu mijyi wa Kigali yatangaje inkuru y’umugabo w’umuzungu utuye i Nyamirambo unywa intanga z’abagabo bagenzi we.

Uyu musore ni mu kiganiro yagiranye na Irene Murindahabi kuri Mie Empire aho yavuze ko mu minsi yashize yahoze ari imbobo atunzwe no kunywa itabi ndetse n’inzoga.

Irene amubajije aho yakuraga amafaranga yo kugura izo nzoga ndetse n’amatabi maze mu kiniga kinshi asubiza ko i Nyamirambo hari umugabo w’umuzungu ukunze guha abantu b’igitsina gabo amafaranga menshi maze agatangira kubigiraho inshuti maze bikaza kurangira abakoresheje imibonano mpuzabitsina maze akanywa intanga z’abo bagabo.

Eric nawe rero ni uko byamubayeho gusa kuri ubu yamaze guhinduka yakira agakiza kuburyo asigaye abwira abantu iby’ubutumwa bwiza bw’Imana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu buryo butunguranye inyubako imwe mu zikomeye yafashwe n’inkongi y’umuriro ikongoko ihereye hasi

Umugabo w’imyaka 42 yahishuye ko akinyara k’uburiri (inkuru irambuye)