in

Mu buryo butunguranye inyubako imwe mu zikomeye yafashwe n’inkongi y’umuriro ikongoko ihereye hasi

Murukerera rwo ku ya 7 Ugushyingo, nibwo Hamenyekanye inkongi y’umuriro yibasiye inyubako yose y’amagorofa 35 muri Dubai hafi ya Burj Khalifa.

Umuriro watangiye ahagana mu ma saa mbiri n’iminota 20 za mu ninjoro uhita ukwira mu nyubako yose.

Amakamyo ya kizimyamwoto yahise atabara maze umuriro uzimywa saa tatu na 45 za nijoro.

Ubwo iyi nyubako yagurumanaga abashinzwe ubutabazi no kuzimya inkongi z’umuriro batabaye abantu bari bari munyubako bajyanwa muri Hotel yari iri aho hafi yitwa Rove.

Bivugwa ko icyateye iyi nkongi kitaramenyekana gusa inkongi yahereye mu nyubako zo hasi izamuka hejuru.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Christiano Ronaldo agiye kongera guhangana n’ikipe ya Fc Barcelona, dore uko tombora ya Uefa Europe league yagenze

Nyamirambo: Hari umusore watangaje inkuru itangaje y’umugabo w’umuzungu utunzwe no kunywa intanga z’abagabo bagenzi be