in

“Nuko uradukoze” Rocky yafashe gitari acuranga ari no kuririmba ariko abantu bakomeje kubona ashaka kongera ibibazo abantu bafite -videwo

“Nuko uradukoze” Rocky yafashe gitari acuranga ari no kuririmba ariko abantu bakomeje kubona ashaka kongera ibibazo abantu bafite

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Rocky uzwi mu gusobanura filime yasangije amashusho arikumwe na Kadafi na Young Grace barimo baririmba.

Rocky niwe wari uri kubacurangira, gusa abantu bamaze kumva iyo mirirmbira babishidikanyijeho bashaka kugaragaza ko Rocky ntabyo azi, abandi bo bakekaga ko inyuma hari undi uri gucuranga.

Videwo.

Comments.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ibizungerezi gusa! Ubwiza bw’abakobwa 2 b’abasesenguzi mu kiganiro Urubuga rw’imikino kuri RBA bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga

Umusore n’inkumi bigana muri GS Rwabicuma bafashe icyemezo cya kigabo cyo kubana nk’umugore n’umugabo bakiri ku ntebe y’ishuri – AMAFOTO