in

‘Nuko turareba turangije turumirwa daa’ Ifoto y’umunyamakuru David Mugaragu yatumye abantu bitakarije icyizere kigaruka

Mu buzima umuntu wese akurana inzozi zibyo ashaka kuzageraho n’ubwo atariko twese duhirwa n’ubuzima gusa hari abahirwa ndetse bagahinduka bitewe n’uburyo Imana iba yarabateye iteka bakabasha gukabya inzozi zabo mbese muri make ubuzima bukagenda uko babyifuzaga.

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda David Mugaragu ukorera radio na Televiziyo y’igihugu yatangaje benshi ubwo yashyiraga ifoto ye ku rubuga rwa Instagram igaragagaza uko yari ameze atangira akazi mbese ubona ko yahindutse cyane ugereranyije iyo foto n’uburyo ameze ubu bigaragaza ko nta muntu ukwiriye kwiheba ahubwo icyusabwa n’ugukora cyane ubundi Imana igaha imigisha imirimo werekejeho amaboko.

Abakurikirina David Mugaragu uzwiho ubuhanga mugusesengura amakuru y’imikino akaba ari umunyamakuru ukomeye cyane wa radio na televiziyo by’igihugu mu biganiro byerekeye siporo muri rusange.

David Mugaragu yatumye abantu bacika ururondogoro ubwo babonaga ifoto yuyu munyamakuru maze bagenda batangaza akabari ku mutima bitewe n’uburyo babibonaga.

Dore bimwe mubyo bagiye batangaza kubera iyo foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mungire inama ariko Nti muntere amabuye narakosheje gusa ndaremerewe pee

Ikirori batarimo ntakiba cyabaye: Reba amafoto y’abakobwa b’ibuzungerezi bagize Kigali Protocol imaze kubaka izina hano mu Rwanda