in

Nubwo The Ben ashatse umugore mwiza ariko ntiruzamara kabiri

Nyuma y’ubukwe bwa The Ben abatari bake bakomeje kugenda bavuga amagambo atandukanye, ndetse benshi bagiye bamwifuriza amahirwe masa mu mubano we na Pamella.

Gusa nubwo benshi bakomeje kumwifuriza amahirwe n’imigisha, hari abatangiye kumutera iminsi.

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X rwahoze ari Twitter, yasangije imwe mu mafoto yafashwe mu bukwe bwa The Ben, arangije agira ati “Nubwo The Ben ashatse umugore mwiza ariko ntiruzamara kabiri.”

Gusa nubwo yavuze gutya nta muntu wigize umenya icyabimuteye . Gusa nanone bamwe mu batanze ibitekerezo bashingiye ku ko The Ben arusha imyaka myinshi Pamella.

Gusa benshi ntibabikozwa ahubwo bavuga ko uyu musore yabaswe n’ishyari akaba aricyo cyabimuvugishije.

Comments.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kanombe habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka yarenze umuhanda igonga inzu mu masaha y’ijoro

Zari Hassan yirukanye abahungu be yabyaranye na nyakwigendera