in

Ntuzi niba ejo uzaba ukiriho! umuherwekazi Alliah Cool yagiriye abantu inama idasanzwe

“Jya ubaho nk’uzapfa ejo” umuherwe Alliah Cool yagiriye abantu inama.

Mu gihe abandi bari kwizihiza umunsi w’abamama, Alliah Cool we yawijihije yigurira ka wine nk’umu mama.

Yaboneyeho no kugira abantu inama ikomeye, yagize ati “Always think today is last and live” ugenekereje mu kinyarwanda ati “buri gihe jya ubaho utekereza ko uyu munsi ari uwanyuma” muri make ngo ujye ubaho nkaho uzapfa ejo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Undi munyarwanda yapfiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’America

Useka neza ni useka nyuma! APR FC ifashije KIYOVU SPORTS kugendera kure y’Igikombe nk’uko yabyiyemeje mu myaka 30 ishize https://wp.me/p7ovfz-UNQ