in

Birababaje: Undi munyarwanda yapfiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’America

Inkuru y’inshamugongo ugomba kumenya: Undi munyarwanda yapfiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’America.

Robert Ndahigwa bitaga Soviet yitabye Imana azize impanuka.

Urupfu rwe rwabaye incamugongo mu Banyarwanda batuye muri Amerika, by’umwihariko abatuye mu mujyi wa Dickinson muri Leta ya North Dakota aho yari atuye.

Iyi mpanuka yabaye mu ma saa kumi na 20 zo ku wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi 2023 mu mujyi wa Williston ho muri Leta ya Dakota y’Amajyaruguru.

Imodoka yari itwawe na Soviet yagongwaga n’indi maze zoze zikarenga umuhanda we agahita ahasiga ubuzima mu gihe abandi bakomeretse bikomeye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba utari uzi Mama wa Pamella na Mama wa The Ben nicyo gihe ngo ubamenye

Ntuzi niba ejo uzaba ukiriho! umuherwekazi Alliah Cool yagiriye abantu inama idasanzwe