in

Ntukwiye kwifuza inzobe! Menya ibanga abantu b’ibikara barusha abantu b’inzobe nabo bahora bifuza

Ubusanzwe abantu benshi bifuza kubyara abana b’inzobe ndetse nabo ubwabo bakifuza kuba baba ari inzobe, gusa nyamara hari ibanga abantu b’ibikara barusha abantu b’inzobe.

Ubusanzwe muri Africa ni ahantu haba izuba n’ubushyuhe byinshi ku buryo imibiri yacu iba ikeneye ubudahangarwa bwo kuyirinda kuba yakwangizwa n’imirasire y’izuba.

Rero abantu b’ibikara nibo bantu bagira iyi misemburo bita melanin myinshi irinda uruhu rw’umuntu kuba rwakwangizwa n’izuba.

N’abantu b’inzobe barayigira gusa bo simyinshi nk’iyabantu b’ibikara. ni nayo mpamvu abazungu iyo bari ahantu hari izuba ryinshi n’ubushyuhe bwinshi uruhu rwabo rurangirika.

Iyo witukuje ukaba inzobe uba wishe za melanin kuburyo n’umuntu w’inzobe aba azikurusha, wowe witukuje uba ufite ibyago by’inshi byo kurwara kanseri y’uruhu kuko za melanin uba wazishe zose.

Abantu b’ibikara baba bafite ibyago bike cyane byo kurwara kanseri y’uruhu ugereranyije n’abantu b’inzobe.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru areba abanyeshuri bose biga bacumbikiwe mu bigo

Abenshi murazijugunya disi! Dore akamaro kadasanzwe k’imbuto z’Ipapayi utigeze umenya ku buzima bwawe