in

‘Ntukabumbe amaguru’ Hari udukosa duto abagore bakora mu gihe cy’amabanga y’abashakanye bigatuma abagabo bataryoherwa [irinde utu dukosa]

‘Ntukabumbe amaguru’ Hari udukosa duto abagore bakora mu gihe cy’amabanga y’abashakanye bigatuma umugabo ataryoherwa [irinde utu dukosa]

Mu mabanga y’abashakanye niho umugabo ahuriza urugwiro n’umugore we iyo akozwe neza.

Gusa hari udukosa tumwe na tumwe abagore bakora muri icyo gikorwa bigatuma abagabo bakuramo agahinda aho gukuramo umunezero.

Muri ayo makosa harimo nko kubumba amaguru mu gihe umugabo ashaka ko mubikora, aha ntuzigere uyabumba kuko iyo ubikoze bishobora no gutuma aguca inyuma.

Mwihe wese, iyo umugabo yageze mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina aba ashaka umugore we ntabwo aba amushaka igice.

Mutegure, abenshi iyo bageze muri iki gikorwa babikora nk’umuhango bigahita birangira gusa hari uburyo bwiza bwo gutegura umugabo wakoresha nko kumusoma n’ibindi.

Garagaza umunezero wawe mu gihe muri mu gikorwa, ntutawugaragaza azagufata nkaho atajya aguhaza kuri iyi ngingo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana ni nka nyina, ntaho arara kabiri! Umukobwa wa Kajala Farida yaramukurikije mu kwiruka mu bagabo b’ibyamamare muri Tanzania

Yavugaga atari yabona! Umuhanzi Harmonize yatitijwe n’umurengera w’amafaranga yaciwe ubwo yihaga gukorera muri Amerika