in

Ntiyakiri ku rwego rwa shampiyona yo mu Rwanda! Rutahizamu wa Rayon Sports watsinze ibitego byinshi cyane kurusha na Haaland, yamaze kubona ikipe nshya hanze y’u Rwanda

Rutahizamu Imanizabayo Frolence yasinye muri yabonye ikipe nshya yo hanze y’u Rwanda.

Uyu mukobwa uhumeka uzamu kurusha ibindi yamaze gusinya muri Kampala Queens FC y’i Bugande.

Uyu mukobwa yerekeje i Bugande avuye muri Rayon Sports WFC yamumuritse ubundi isi yose ikamumenya.

Uyu Rutahizamu yatsinze ibitego bigera kuri 60 mu mikino 26 akaba yaranatsinze ibitego hat-trick 10.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko yaba ingana kose ihora ari umutamiro w’injangwe! Umusaza wihagazeho mu gutereta no kwemeza abagore, yigondeye umugore w’ikizungerezi ukiri muto mu myaka no mu bikorwa byo mu rugo rw’abashakanye(VIDEWO)

Rayon Sports ishyize hanze ibindi byamamare 2 benshi babona bakanarira bigomba kuba byitabyiriye Rayon Day