in

Ntitugaseke amakipe yo mu Rwanda! Ikipe ikomeye yo muri Africa yageze muri ½ cya CAF champions League none yamanutse mu kiciro cya 2

Ntitugaseke amakipe yo mu Rwanda! Ikipe ikomeye yo muri Africa yageze muri ½ cya CAF champions League none yamanutse mu kiciro cya 2.

Ni ibintu bitangaje kandi bibabaje ku ikipe yo mu gihugu cya Afurika y’Epfo yitwa Marumo Gallants, yakoze ibitangaza umwaka w’ashize none ubu ikaba yahuye n’uruva gusenya.

Iyi kipe yarimaze imyaka 2 gusa mu kiciro cyambere, yageze mo izana amashagaga menshi cyane, itsindagura amakipe bituma ibona n’itike yo kujya muri CAF champions League.

Iyi kipe yari yitabiriye iri rushanwa bwambere, yitwaye neza ndetse igera no muri kimwe cya kabiri kiri rushanwa ½.

Gusa ubu uyu mwaka ntiyigize ihirwa kuko yabihiwe na Shampiyona yo mu gihugu cy’iwabo kugeza ubwo isigaye mu myanya ya nyuma ubu ikaba yamaze kumanuka mu kiciro cya 2.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibisa birasabirana: Miss Mutesi Jolly yifashishije amafoto arimo asangira umuvinyo n’indi nkumi y’ikizungerezi maze ayifuriza isabukuru y’amavuko – AMAFOTO

Umugabo wasaze yambaye ubusa yabijije umujyi wose icyuya(Amashusho)